News

December 24, 2011

Naason agiye gushyira ahagaragara albumu ye ya mbere

More articles by »
Written by: admin
Tags: , , , , , ,

Nyuma y’ibibazo binyuranye yagize muri uyu mwaka wa 2011 akananirwa gushyira ahagaragara alubumu ye ya mbere, umuhanzi Naason aritegura kuzamurikira abakunzi be n’Abanyarwanda muri rusange iyo alubumu mu ntangiriro z’umwaka utaha.

Mu kiganiro twagiranye kuri telefoni ku mugoroba wa tariki 20/12/2011, yadutangarije ko ibikorwa bye bigikomeza kandi ko afite ibikorwa byinshi harimo indirimbo ateganya gukorana na Jay Polly mu kwa mbere k’umwaka utaha ndetse no kumurika iyo alubumu kugeza ubu ariko akaba atarahitamo uko azayita.

Naaoon yadutangarije ko nyuma yo kuva muri studion Dream Record iri Kicukiro Ziniya na Line Up nayo iri Inyamirambo ubu asigaye akorera muri studio ya Bridge Record nayo iri i Nyamirambo.

Bridge Record  ni studio ikunze kugaragaramo umu producer Junior nawe uzwiho gukorana n’aba star bakunzwe cyane hano mu Rwanda.

Umuhanzi Naason akaba n’umu producer (ukora indirimbo) muri uyu mwaka turangiza yagize ibibazo bitandukanye byatumye atabasha gushyira ahagaragara album ye.

Mu kwezi kwa Mata, Naason yafunzwe azira umukobwa Cadette wari umaze igihe iwabo baramubuze atagaragara, nyuma akaza gufatirwa kwa Naason. Naason kandi yanavuzweho ko yaba yarateye inda umukobwa, arongera agaragara mu mafoto asomana n’umukobwa ahantu hari habereye ikirori kandi uwo mukobwa akaba atari Sandrine wari umukunzi we.

Umuhanzi Naason azwi cyane mu ndirimbo ze yikorera muri studio nka Mfite amatsiko, Abisi, Inkuru ibabaje, Uburozi, Nyigisha, Niwowe unyuzuza n’izindi. Amashusho y’indirimbo ze ayakorerwa na na Fayzo.

 

 



About the Author

admin





 
 

 
04

Tidjara bites back

Magic FM radio presenter has reacted to the news that she insulted Rwandan musician Meddy with a clear-cut message that “some journalists should go back to school”. Tidjara was fielding in questions from the media when the ...
by admin
0

 
 
01

Bold predictions in Primus Guma Guma Super Star

Things can’t get interesting for the spectators and fans of music in general. From publicly campaigning for votes to promises made, all the eleven contestants in this year’s edition of Primus Guma Guma Super Star have stepp...
by admin
0

 
 
01

Kamichi ahamya ko Guma Guma ari ikintu gikomeye kuko iha abantu benshi akazi

Umuhanzi Adolphe Bagabo uzwi ku izina ry’ubuhanzi rya Kamichi, arahamya ko amarushanwa ya Primus Guma Guma Super Star ari ikintu gikomeye kuko aha abantu benshi akazi ndetse akanaha abahanzi amafranga menshi no kurushaho kume...
by admin
0

 

 
Ndashimira cyane Producer Nicolas Nic udahwema kumfasha muri muzika yanjye

‘‘Ndashimira cyane Producer Nicolas Nic udahwema kumfasha muri muzika yanjye’’

Umuhanzi Prince Nani usigaye akorera muzika ye muri Rafiki Records aho akorerwa na Producer Nicolas Nic nyuma yo gukorana n’abantu batandukanye, arashimira Producer Nicolas Nic uruhare agira mu iterambere rya muzika ye. Princ...
by admin
0

 
 
Senderi Steals How In Rusizi

Senderi Steals Show In Rusizi

They went fully armed and firing on all cylinders to draw as much support as they could from their fans. Yes, the first road show of Primus Guma Guma Super Star finally kicked off in Rusizi, Western Province where all eleven co...
by admin
1

 




0 Comments


Be the first to comment!


Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

You may use these HTML tags and attributes: <a href="" title=""> <abbr title=""> <acronym title=""> <b> <blockquote cite=""> <cite> <code> <del datetime=""> <em> <i> <q cite=""> <strike> <strong>


 

Provided by water damage columbus