News

February 1, 2012

Nyuma yo kugaragara cyane kubyapa bya MTN, Sacha Kat arateganya no kwigaragaza cyane muri muzika muri 2012.

More articles by »
Written by: admin
Tags: , ,

Nyuma yo kugaragara

Nyuma y’indirimbo Baby Boy na Igikwiye yakoranye  na Danny, Sandrine Agasaro a.k.a Sacha Kat aratangaza ko agiye gukora indi ndirimbo yise Ikirori ndetse akaba anateganya kuzahita anayikorera amashusho.

Uyu Sandrine Agasaro ni umukobwa winjiye muri muzika vuba aha cyane akaba kandi ari umukobwa wakunze kugaragara ku byapa bya MTN. Ku bw’ijwi rye ryiza amaze kumenyekana no muri muzika. Kuri ubu arateganya ibikorwa byinshi kuko kuri we yumva uyu mwaka wa 2012 ari umwaka wo gukora cyane kugira ngo atere imbere no muri muzika.

Nkuko yakomeje abidutangariza mu kiganiro twagiranye tariki ya 30 mutarama, 2012 Indirimbo Ikirori arateganya kuyikorera kwa Pastor P cyangwa se kwa Clement muri Kinamusic naho amashusho akaba ateganya kuyakorera kwa Meddy. Ibi byose ateganya kubitangira mu cyumweru gitaha.


 



About the Author

admin





 
 

 
Gaston Rurangwa (Skizzy) arashishikariza abitabira irushanwa rya Talentum kuza biteguye nk’abagiye kurushanwa koko

Gaston Rurangwa (Skizzy) arashishikariza abitabira irushanwa rya Talentum kuza biteguye nk’abagiye kurushanwa koko.

Umuhanzi akaba n’umunyamakuru Gaston Rurangwa uzwi ku izina rya Skizzy arakangurira abahanzi bitabira amarushanwa ya Talentum kujya baza biteguye nk’abaje kurushanwa koko. Ibi yabitangaje mu kiganiro twagiranye ubwo twamuba...
by admin
0

 
 
Awards will recognize local rappers

Awards will recognize local rappers – Jay Polly

Rapper Jay Polly has defended his new invented hip hop awards as the ones which will bring a revolution in Rwandan hip hop genre. Speaking to The New Times, the rebel rapper said that his move is purely intended to reward the h...
by admin
0

 
 
 

A great mentor in Producer Nicolas-Artist Nani

Rwandan artist Prince Nani appreciated help given to him in his music career by Producer Nicolas Nic which has helped him develop a lot in the music industry. This artist who takes his recordings to Rafiki Records said that Pro...
by admin
0

 

 
Ndashimira cyane Producer Nicolas Nic udahwema kumfasha muri muzika yanjye

‘‘Ndashimira cyane Producer Nicolas Nic udahwema kumfasha muri muzika yanjye’’

Umuhanzi Prince Nani usigaye akorera muzika ye muri Rafiki Records aho akorerwa na Producer Nicolas Nic nyuma yo gukorana n’abantu batandukanye, arashimira Producer Nicolas Nic uruhare agira mu iterambere rya muzika ye. Princ...
by admin
0

 
 
Urubyiruko mu itorero rya Nazarene rwateguye igitaramo bise “Ikibatsi Live Concert”

Urubyiruko mu itorero rya Nazarene rwateguye igitaramo bise “Ikibatsi Live Concert”

Iki gitaramo cyiswe “Ikibatsi Live Concert” cyateguwe n’urubyiruko rwibumbiye mu muryango Nayoumi (Nazarenne Youth Ministries) rwo mu itorero Nazarene I RUbavu. Iki gitaramo cyateguwe mu rwego rwo gushima Imana kizaba tar...
by admin
0

 




0 Comments


Be the first to comment!


Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

You may use these HTML tags and attributes: <a href="" title=""> <abbr title=""> <acronym title=""> <b> <blockquote cite=""> <cite> <code> <del datetime=""> <em> <i> <q cite=""> <strike> <strong>


 

Provided by water damage columbus