News

December 12, 2012

Rwanda :Bamwe mubatunganya umuziki badashishura ntibakunze kuganwa cyane

More articles by »
Written by: admin
Tags: , , , ,

Bamwe mu batunganya umuziki twaganiriye badutangarije ko badakunze kuganwa cyane n’abahanzi kubera uburyo bo baba bashaka gukora indirimbo z’umwimerere (zidashishuye) kandi abahanzi benshi baba bifuza ibyoroshye aho bakorerwa ingoma bo bagashaka amagambo.

Zimwe mungoma (beat) bahabwa muri studio, inyinshi ziba zisa cyangwa se zihuye neza na zimwe mundirimbo z’abandi bahanzi ziba zarakozwe zaranagiye hanze.

Umwe mubo twaganiriye utarashatse ko tumuvuga mu izina, yagize ati: “abahanzi ntabwo bakunze kungana ari benshi, kubera ko ntajya mbaha indirimbo zishishuye. Njye nkorana gusa n’umuhanzi wizaniye indirimbo yakoze y’umwimerere…”

Iki kibazo kandi undi mubatunganya umuziki ubimazemo igihe nawe yavuze ko gikunze kugaragara cyane, n’ubwo we kitamubaho kenshi kubera afite abahanzi basanzwe bakorana b’abahanga kandi kuri we akba abona aho kugira ngo agire abahanzi benshi cyane kandi batazi guhanga, yakorana na bake beza.

Yagize ati: “yeah njye sinkunze guhura n’icyo kibazo kuko mfite abahanzi benshi dukorana b’abahanga, usibye ko aho gukorana n’abadashoboye, barorera nkakorana na babiri babizi…”

Ikibazo cyo gushishura kimaze kugira intera ndende aho usanga benshi mubahanzi nyarwanda bavugwaho gushishura indirimbo z,abandi cyangwa se ingoma zigize indirimbo z’abandi.

Abahanzi nyarwanda nibadahindura imikorere, umuziki nyarwanda ntuzagera ku rwego rushimishije, kandi bizagorana ko bashobora guhangana kurwego mpuzamahanga.

 



About the Author

admin





 
 

 
Senderi Steals How In Rusizi

Senderi Steals Show In Rusizi

They went fully armed and firing on all cylinders to draw as much support as they could from their fans. Yes, the first road show of Primus Guma Guma Super Star finally kicked off in Rusizi, Western Province where all eleven co...
by admin
1

 
 
RnB star Meddy plays down rift with radio presenter

RnB star Meddy plays down rift with radio presenter

Meddy has denied reports of any row between him and Magic FM radio presenter Tidjara Kabendera, after the latter publicly condemned him of being inept in music. Tidjara had taken to social website Facebook to accuse Meddy of be...
by admin
0

 
 
Deejay Adams sparks row over bribery claims at Primus Guma Guma Super Star

Deejay Adams sparks row over bribery claims at Primus Guma Guma Super Star

Deejay Adams has reignited the fire that was slowly dying over claims of bribery at Primus Guma Guma Super Star. The volatile deejay-radio presenter has always asserted that certain musicians use their financial might to squeez...
by admin
0

 

 
KARONGI: Mu mujyi wa Kibuye hagiye gufungurwa urubyiniro rushya

KARONGI: Mu mujyi wa Kibuye hagiye gufungurwa urubyiniro rushya

Icyuma gitanga ubukonje mu nzu cyamaze gushyirwa hejuru y’aho iyo boite izakorera Mu minsi mike mu mujyi wa Kibuye haraza kuba huzuye inzu y’urubyiniro (boite de nuit cyangwa dancing club) mu ndimi z’amahanga. Iyo boite i...
by admin
0

 
 
Producer Junior shifts to Unlimited Records

Producer Junior shifts to Unlimited Records

Producer Junior has confirmed the news that he has now shifted to Unlimited Records, having spent a considerable amount of time at The Super Level. The troubled music producer has, however, reiterated that he does not have a pe...
by admin
0

 




0 Comments


Be the first to comment!


Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

You may use these HTML tags and attributes: <a href="" title=""> <abbr title=""> <acronym title=""> <b> <blockquote cite=""> <cite> <code> <del datetime=""> <em> <i> <q cite=""> <strike> <strong>


 

Provided by water damage columbus