News

February 23, 2012

Rwanda | Biography: Umuhanzi Intore Tuyisenge

More articles by »
Written by: admin
Tags: , , ,


Intore Tuyisenge Jean de Dieu, ni mwene Mukotanyi Edouard na Mukabaramba Jacqueline. yavutse kuwa 27 Nyakanga 1990, avuka mu muryango w’abana 8 akaba ari uwa 2. Yavukiye mu Karere ka Kirehe Intara y’i Burasirazuba.

Biography Umuhanzi Intore Tuyisenge

Ubuhanzi yabugiyemo ahereye mu kuririmba muri Korali, hanyuma aza gutangira kujya aririmba indirimbo zisanzwe mpereye mu kwitabira amarushanwa afite insanganyamatsiko zabaga zatanzwe. Amwe mu yo yatsinze ni nk’amarushanwa yateguwe ubwo u Rwanda rwizihizaga isabukuru y’imyaka 25 y’umubano mwiza rufitanye n’intara ya Lenani Palatina yo mu gihugu cy’u Budage.

Mu mwaka wa 2007 nibwo yatangiye guhanga indirimbo zivuga ku itorero ry’igihugu zirimo nk’Intore Izirusha Intambwe n’izindi. Mu mwaka wa 2010, nibwo yakoze indirimbo ye yamenyekanye kurusha izindi yitwa Tora Kagame Paul, ni uko atangira kwinjira atyo mu rubuga rw’abahanzi nyarwanda. Iyo ndirimbo yaje no gutuma atoranywa nk’umwe mu bahanzi bafashije Perezida wa Repubulika mu gikorwa cyo kwiyamamaza babinyujije mu buhanzi bwabo.

Ku itariki ya 6 Kamena 2011 yagiye muri USA, ari kumwe n’abandi bahanzi batoranyijwe (Massamba, Kitoko, Kizito, Edouard, Gasumuni, Mico, Miss Jojo n’abandi) mu bitaramo byitwa Rwanda Day, byabereye i Chicago.

Ngo mu kuririmbira (aho muri Chicago) indirimbo ze nka Unkumbuje u Rwanda, Ak’imuhana, byamufashije kwagura inganzo yae haba mu bitekerezo, mu bunararibonye ndetse no kunguka ubumenyi mu kuririmbira abantu benshi mu bitaramo bikomeye. Ubu amaze kugira indirimbo zirenga 28 akaba kandi ngo agikora n’izindi nyinshi.




About the Author

admin





 
 

 
04

Tidjara bites back

Magic FM radio presenter has reacted to the news that she insulted Rwandan musician Meddy with a clear-cut message that “some journalists should go back to school”. Tidjara was fielding in questions from the media when the ...
by admin
0

 
 
01

Bold predictions in Primus Guma Guma Super Star

Things can’t get interesting for the spectators and fans of music in general. From publicly campaigning for votes to promises made, all the eleven contestants in this year’s edition of Primus Guma Guma Super Star have stepp...
by admin
0

 
 
01

Kamichi ahamya ko Guma Guma ari ikintu gikomeye kuko iha abantu benshi akazi

Umuhanzi Adolphe Bagabo uzwi ku izina ry’ubuhanzi rya Kamichi, arahamya ko amarushanwa ya Primus Guma Guma Super Star ari ikintu gikomeye kuko aha abantu benshi akazi ndetse akanaha abahanzi amafranga menshi no kurushaho kume...
by admin
0

 

 
Senderi Steals How In Rusizi

Senderi Steals Show In Rusizi

They went fully armed and firing on all cylinders to draw as much support as they could from their fans. Yes, the first road show of Primus Guma Guma Super Star finally kicked off in Rusizi, Western Province where all eleven co...
by admin
1

 
 
RnB star Meddy plays down rift with radio presenter

RnB star Meddy plays down rift with radio presenter

Meddy has denied reports of any row between him and Magic FM radio presenter Tidjara Kabendera, after the latter publicly condemned him of being inept in music. Tidjara had taken to social website Facebook to accuse Meddy of be...
by admin
0

 




0 Comments


Be the first to comment!


Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

You may use these HTML tags and attributes: <a href="" title=""> <abbr title=""> <acronym title=""> <b> <blockquote cite=""> <cite> <code> <del datetime=""> <em> <i> <q cite=""> <strike> <strong>


 

Provided by water damage columbus