News

March 8, 2012

Rwanda | Biography: Umuhanzi Mc Mahoniboni

More articles by »
Written by: admin
Tags: , , ,

 

Biography Umuhanzi Mc Mahoniboni

Bienvenue Mahoro Ruhungande uzwi muri muzika ku izina rya Mc Mahoniboni, ni mwene Silas Rugande na Josephine Nyiransengimana. Avuka mumuryango w’abakobwa 2 n’abahungu 2. Afite imyaka 30.

Mc Mahoniboni ari mu bahanzi ba mbere bakundishije Abanyarwanda injyana ya Hip-Hop, mu gihe mu Rwanda humvikanaga cyane abahanzi nka Cassanova na DMS.

Yatangiye gushyira hanze ibihangano bye mu mwaka w’ 1997. Mu 1999 yasohoye indirimbo yise ‘Malariya ni Indwara y’Icyorezo kandi Yica’. Iyi ndirimbo yakoreshejwe na Minisiteri y’Ubuzima muri gahunda yo kurwanya Malariya muri 2000. Indirimbo zatumye arushaho kumvikana no kumenyekana cyane mu Rwanda ni ‘Dusenge’, ‘Kubaka Izina’, ‘Twitabire Imirimo’. Izo ndirimbo akaba yarahise azishyirana hanze n’izindi 8 zari kuri album yise “Ubutumwa” zatumye yamamamara mu Rwanda.

Mc Mahonibon avuga ko abahanzi bafite akamaro mu kubaka igihugu. Ibi akaba abivuga abishingiye nko kuri zimwe mu ndirimbo zikangurira abantu kurwana kubuzima bwabo. Aha twavuga nk’indirimbo yise ‘Mahoniboni Bye Bye’, ikangurira abantu kurwanya icyorezo cya Sida. Mu 2009, uyu muhanzi yaje kwerekeza mu gihugu cy’u Buholande ari naho atuye muri iki gihe.




About the Author

admin





 
 

 
Senderi Steals How In Rusizi

Senderi Steals Show In Rusizi

They went fully armed and firing on all cylinders to draw as much support as they could from their fans. Yes, the first road show of Primus Guma Guma Super Star finally kicked off in Rusizi, Western Province where all eleven co...
by admin
1

 
 
RnB star Meddy plays down rift with radio presenter

RnB star Meddy plays down rift with radio presenter

Meddy has denied reports of any row between him and Magic FM radio presenter Tidjara Kabendera, after the latter publicly condemned him of being inept in music. Tidjara had taken to social website Facebook to accuse Meddy of be...
by admin
0

 
 
Deejay Adams sparks row over bribery claims at Primus Guma Guma Super Star

Deejay Adams sparks row over bribery claims at Primus Guma Guma Super Star

Deejay Adams has reignited the fire that was slowly dying over claims of bribery at Primus Guma Guma Super Star. The volatile deejay-radio presenter has always asserted that certain musicians use their financial might to squeez...
by admin
0

 

 
KARONGI: Mu mujyi wa Kibuye hagiye gufungurwa urubyiniro rushya

KARONGI: Mu mujyi wa Kibuye hagiye gufungurwa urubyiniro rushya

Icyuma gitanga ubukonje mu nzu cyamaze gushyirwa hejuru y’aho iyo boite izakorera Mu minsi mike mu mujyi wa Kibuye haraza kuba huzuye inzu y’urubyiniro (boite de nuit cyangwa dancing club) mu ndimi z’amahanga. Iyo boite i...
by admin
0

 
 
Producer Junior shifts to Unlimited Records

Producer Junior shifts to Unlimited Records

Producer Junior has confirmed the news that he has now shifted to Unlimited Records, having spent a considerable amount of time at The Super Level. The troubled music producer has, however, reiterated that he does not have a pe...
by admin
0

 




0 Comments


Be the first to comment!


Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

You may use these HTML tags and attributes: <a href="" title=""> <abbr title=""> <acronym title=""> <b> <blockquote cite=""> <cite> <code> <del datetime=""> <em> <i> <q cite=""> <strike> <strong>


 

Provided by water damage columbus