News

June 22, 2012

Rwanda : Dada Cross ngo ashyigikiye Knowless muri Primus Guma Guma Super Star 2, azamutora kandi ngo abwire n abandi kumutora.

More articles by »
Written by: admin
Tags: , , , , ,

Umuhanzi Dada Cross ubarizwa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika aratangaza ko ashyigikiye Knowless mu marushanwa ya Primus Guma Guma Super Star 2 kandi ko azamutora ndetse akanabwira abandi kumutora ngo kuko arashoboye.

Rwanda | Dada Cross ngo ashyigikiyeAbinyujije kuri Youtube mu mashusho yashyizeho yagize ati: “Banyarwanda banyarwandakazi ni umukobwa wanyu Dada Cross, nagira ngo mbabwire ko nshyigikiye Knowless muri Guma Guma Super Star.

Ndi umuhanzi wa Hip Hop mba hano muri USA,…so nagira ngo mbabwire yuko mugomba gu supportinga Knowless, mukamutora, mukamenya ko ari umukobwa wacu kandi ko ashoboye”.

Dada Cross akomeza abwira na Knowless agira ati: “Turagushyigikiye Knowless hano muri US, turagukunda, tuzagutora kandi tuzabwira n’abantu bose ko tukwemera kandi tuzahora tugutora. Wowe ukomeze utsinde kandi ntucike intege. Peace out!”.

Ubu butumwa bwa Dada Cross buje mu gihe hasigaye igihe gito cyane kitagera no ku cyumweru ngo abahanzi batangire gutorwa, abasigaye batangire gusezererwa dore ko ku itariki ya 23.6.2012 ari bwo hazatangira ibitaramo byo kuririmba umuziki wa live akaba ari naho hazatangira gusezererwa abahanzi batatu ba mbere bakavanwa muri iri rushanwa hagakomeza 7 nabo bazagenda bavanwamo buhoro buhoro kugeza ubwo hasigara uzegukana insinzi muri aya marushanwa.




About the Author

admin





 
 

 
Senderi Steals How In Rusizi

Senderi Steals Show In Rusizi

They went fully armed and firing on all cylinders to draw as much support as they could from their fans. Yes, the first road show of Primus Guma Guma Super Star finally kicked off in Rusizi, Western Province where all eleven co...
by admin
1

 
 
RnB star Meddy plays down rift with radio presenter

RnB star Meddy plays down rift with radio presenter

Meddy has denied reports of any row between him and Magic FM radio presenter Tidjara Kabendera, after the latter publicly condemned him of being inept in music. Tidjara had taken to social website Facebook to accuse Meddy of be...
by admin
0

 
 
Deejay Adams sparks row over bribery claims at Primus Guma Guma Super Star

Deejay Adams sparks row over bribery claims at Primus Guma Guma Super Star

Deejay Adams has reignited the fire that was slowly dying over claims of bribery at Primus Guma Guma Super Star. The volatile deejay-radio presenter has always asserted that certain musicians use their financial might to squeez...
by admin
0

 

 
Producer Junior shifts to Unlimited Records

Producer Junior shifts to Unlimited Records

Producer Junior has confirmed the news that he has now shifted to Unlimited Records, having spent a considerable amount of time at The Super Level. The troubled music producer has, however, reiterated that he does not have a pe...
by admin
0

 
 
Umuhanzikazi Lily ubarizwa muri Canada ngo akumbuye igitoki cy’I Rwanda

Umuhanzikazi Lily ubarizwa muri Canada ngo akumbuye igitoki cy’I Rwanda

Umutesi Liliane uzwi ku izina ry’ubuhanzi rya Lily akaba ari umuhanzikazi mu ndirimbo zihimbaza Imana ngo ikintu cya mbere akumbuye mu Rwanda ni igitoki. Lily kuri ubu arabarizwa I Montreal mu gihugu cya Canada akaba aheruka ...
by admin
0

 




0 Comments


Be the first to comment!


Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

You may use these HTML tags and attributes: <a href="" title=""> <abbr title=""> <acronym title=""> <b> <blockquote cite=""> <cite> <code> <del datetime=""> <em> <i> <q cite=""> <strike> <strong>


 

Provided by water damage columbus