News

May 31, 2012

Rwanda : Igitaramo na Riderman kwa Mutangana

Kuri uyu wa gatanu tariki ya 1.6.2012, haraba igitaramo kwa Mutangana Nyabugogo ahazwi ku izina rya La Belle Terrasse, kikaba ari igitaramo kizaba kirimo umuhanzi Riderman umuraperi ukunzwe cyane haba hano mu Rwanda ndetse no hanze yarwo kubera ubuhanga bwe mu bihangano bye.

Igitaramo na Riderman

Nk’uko bimaze kumenyerwa, Talent Group isanzwe itegura ibi bitaramo, yabazaniye Riderman a.k.a (Bakunze kwita) Rusake cyangwa se Riderzo mu rwego rwo kurushaho kubashimisha.

Nk’uko twabitangarijwe na Phil Peter, ngo usibye kuba abazitabira iki gitaramo babishaka bakazinduka bazabasha kwifotoranya n’abahanzi, ngo babahishiye n’agaseke gapfundikiyemo indirimbo nshya ya Riderman Atari yaririmba mubindi bitaramo ariyo yitwa “Igitangaza.”

Phil Peter yakomeje atubwira ko usibye Riderman hazaba hari n’abahanzi nka Jody, umukobwa uri kwigaragaza cyane muri muzika muri iyi minsi hazaba kandi hari na Tms, AMAG The Black.

Phil Peter kandi yatubwiye ko aba bahanzi usibye Riderman uzaba afite igitaramo cya PGGSS 2, abandi bose bazongera kugaragara muri Sky Hotel ku munsi uzakurikiraho (kuwa gatandatu) mu gitaramo kizahabera aho bazaba bari kumwe na Uncle Austin na Mico Prosper uzwi mu ndirimbo Umutaka.

Kwinjira muri iki gitaramo bikaba ari ya mafranga amaze kumenyerwa angana n’amafranga y’u Rwanda 1000 naho isaha ikaba nayo imenyerewe ari saa moya za nijoro (19h, 07pm).

 

 


 

 



About the Author

admin





 
 

 
Senderi Steals How In Rusizi

Senderi Steals Show In Rusizi

They went fully armed and firing on all cylinders to draw as much support as they could from their fans. Yes, the first road show of Primus Guma Guma Super Star finally kicked off in Rusizi, Western Province where all eleven co...
by admin
1

 
 
RnB star Meddy plays down rift with radio presenter

RnB star Meddy plays down rift with radio presenter

Meddy has denied reports of any row between him and Magic FM radio presenter Tidjara Kabendera, after the latter publicly condemned him of being inept in music. Tidjara had taken to social website Facebook to accuse Meddy of be...
by admin
0

 
 
Deejay Adams sparks row over bribery claims at Primus Guma Guma Super Star

Deejay Adams sparks row over bribery claims at Primus Guma Guma Super Star

Deejay Adams has reignited the fire that was slowly dying over claims of bribery at Primus Guma Guma Super Star. The volatile deejay-radio presenter has always asserted that certain musicians use their financial might to squeez...
by admin
0

 

 
Producer Junior shifts to Unlimited Records

Producer Junior shifts to Unlimited Records

Producer Junior has confirmed the news that he has now shifted to Unlimited Records, having spent a considerable amount of time at The Super Level. The troubled music producer has, however, reiterated that he does not have a pe...
by admin
0

 
 
Umuhanzikazi Lily ubarizwa muri Canada ngo akumbuye igitoki cy’I Rwanda

Umuhanzikazi Lily ubarizwa muri Canada ngo akumbuye igitoki cy’I Rwanda

Umutesi Liliane uzwi ku izina ry’ubuhanzi rya Lily akaba ari umuhanzikazi mu ndirimbo zihimbaza Imana ngo ikintu cya mbere akumbuye mu Rwanda ni igitoki. Lily kuri ubu arabarizwa I Montreal mu gihugu cya Canada akaba aheruka ...
by admin
0

 




0 Comments


Be the first to comment!


Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

You may use these HTML tags and attributes: <a href="" title=""> <abbr title=""> <acronym title=""> <b> <blockquote cite=""> <cite> <code> <del datetime=""> <em> <i> <q cite=""> <strike> <strong>


 

Provided by water damage columbus