News

May 3, 2012

Rwanda : Louange Choir igiye kumurika alubumu ya kabiri kuri iki cyumweru

More articles by »
Written by: admin
Tags: , , , ,

Ikorari yitwa “Louange” (Louange Choir) y’abanyeshuri b’abapantekositi (ADEPR) biga mu ishuri rikuru Nderabarezi riri i Remera ya Kigali (KIE) igiye gushyira hanze alubumu yabo ya kabiri kuri iki cyumweru tariki 6.5.2012.

 

Rwanda Louange Choir igiye kumurika

Amakuru atangazwa na Levis Byabeza umwe mu bayobozi bayo avuga ko Louange Choir yavutse ahagana mu mwaka w’2001 igizwe n’abantu 8 ubu ariko ikaba ifite abaririmbyi bagera ku 135 bose biga mu ishuri rya KIE.

Rwanda Louange Choir igiye kumurika 1

Nyuma ya alubumu yabo ya mbere ‘‘Inkoramutima’’yakozwe muri 2007, baritegura gushyira ahagaragara alubumu yabo ya kabiri yitwa ‘‘Arakumva’’. Iyi alubumu yabo izaba iriho amajwi n’amashusho (audio-visuel).

Igitaramo cyo kumurika iyi alubumu kizabera muri KIE kuri iki cyumweru tariki ya 6.5.2012 guhera saa munani z’amanywa (14h,2pm) aho kizaba kitabiriwe na Chorale Amahoro nayo yo muri ADEPR. Hazaba kandi hari n’aandi bahanzi bazwi mu ndirimbo zihimbaza Imana (Gospel songs) nka Dominic Nic na Cpt Kabera Simon.

Kwinjira muri iki gitaramo kizakorwa mu buryo bw’umwimerere (Live) ku bahanzi bose bazaririmba, bizaba ari ubuntu.

 

 

 

 



About the Author

admin





 
 

 
01

Kamichi ahamya ko Guma Guma ari ikintu gikomeye kuko iha abantu benshi akazi

Umuhanzi Adolphe Bagabo uzwi ku izina ry’ubuhanzi rya Kamichi, arahamya ko amarushanwa ya Primus Guma Guma Super Star ari ikintu gikomeye kuko aha abantu benshi akazi ndetse akanaha abahanzi amafranga menshi no kurushaho kume...
by admin
0

 
 
Senderi Steals How In Rusizi

Senderi Steals Show In Rusizi

They went fully armed and firing on all cylinders to draw as much support as they could from their fans. Yes, the first road show of Primus Guma Guma Super Star finally kicked off in Rusizi, Western Province where all eleven co...
by admin
1

 
 
RnB star Meddy plays down rift with radio presenter

RnB star Meddy plays down rift with radio presenter

Meddy has denied reports of any row between him and Magic FM radio presenter Tidjara Kabendera, after the latter publicly condemned him of being inept in music. Tidjara had taken to social website Facebook to accuse Meddy of be...
by admin
0

 

 
Deejay Adams sparks row over bribery claims at Primus Guma Guma Super Star

Deejay Adams sparks row over bribery claims at Primus Guma Guma Super Star

Deejay Adams has reignited the fire that was slowly dying over claims of bribery at Primus Guma Guma Super Star. The volatile deejay-radio presenter has always asserted that certain musicians use their financial might to squeez...
by admin
0

 
 
Producer Junior shifts to Unlimited Records

Producer Junior shifts to Unlimited Records

Producer Junior has confirmed the news that he has now shifted to Unlimited Records, having spent a considerable amount of time at The Super Level. The troubled music producer has, however, reiterated that he does not have a pe...
by admin
0

 




0 Comments


Be the first to comment!


Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

You may use these HTML tags and attributes: <a href="" title=""> <abbr title=""> <acronym title=""> <b> <blockquote cite=""> <cite> <code> <del datetime=""> <em> <i> <q cite=""> <strike> <strong>


 

Provided by water damage columbus