News

December 14, 2012

Rwanda : Mu mpera z’iki cyumweru Kitoko arataramira abakunzi be

More articles by »
Written by: admin
Tags: , , , , ,

Umuhanzi Kitoko arataramira abakunzi be mu mpera z’iki cyumweru muri Quelque Part, Zuga Nuty Club na Top Chef Nyabugogo.

Nk’uko tubitangarizwa na Mister One usanzwe ategura ibi bitaramo, Kitoko afatanyije na bagenzi be bazataramira muri Quelque Part kuri uyu wa gatanu tariki 15.12.2012, kuwa gatandatu tariki 16.12.2012 bagataramira kuri Zuga Nuty Club Kimisagara naho ku cyumweru tariki 17.12.2012 bagataramira Top Chef Nyabugogo.

Bamwe mubahanzi bazaba bari kumwe na Kitoko harimo Kayitare Wayitare Dembe utagikunda kwiyereka cyane abakunzi be, TMS, Pedro n’abandi.

Muri ibi bitaramo kandi hazaba hari n’abashyushyarugamba n’aba Dj banyuranye kandi basetsa nk’uko twakomeje tubitangarizwa na Mister One.

Hazaba kandi hari n’ikimansuro. Isaha yo kwinjira muri ibi bitaramo ni isaha ya saa moya za nijoro naho amafranga akaba ari 2000 muri Quelque Part no kuri Zuga Nuty Club naho kuri Top Chef ho bikaba ari amafranga y’u Rwanda 1500.

Abifuza kw’ifotozanya no kuganira na Kitoko ndetse n’abandi bahanzi bazaba bahari ngo  namwe muratumiwe kuko muzajya muhabwa umwanya uhagije wo kuba muri kumwe.


 

 



About the Author

admin





 
 

 
Senderi Steals How In Rusizi

Senderi Steals Show In Rusizi

They went fully armed and firing on all cylinders to draw as much support as they could from their fans. Yes, the first road show of Primus Guma Guma Super Star finally kicked off in Rusizi, Western Province where all eleven co...
by admin
1

 
 
RnB star Meddy plays down rift with radio presenter

RnB star Meddy plays down rift with radio presenter

Meddy has denied reports of any row between him and Magic FM radio presenter Tidjara Kabendera, after the latter publicly condemned him of being inept in music. Tidjara had taken to social website Facebook to accuse Meddy of be...
by admin
0

 
 
Deejay Adams sparks row over bribery claims at Primus Guma Guma Super Star

Deejay Adams sparks row over bribery claims at Primus Guma Guma Super Star

Deejay Adams has reignited the fire that was slowly dying over claims of bribery at Primus Guma Guma Super Star. The volatile deejay-radio presenter has always asserted that certain musicians use their financial might to squeez...
by admin
0

 

 
KARONGI: Mu mujyi wa Kibuye hagiye gufungurwa urubyiniro rushya

KARONGI: Mu mujyi wa Kibuye hagiye gufungurwa urubyiniro rushya

Icyuma gitanga ubukonje mu nzu cyamaze gushyirwa hejuru y’aho iyo boite izakorera Mu minsi mike mu mujyi wa Kibuye haraza kuba huzuye inzu y’urubyiniro (boite de nuit cyangwa dancing club) mu ndimi z’amahanga. Iyo boite i...
by admin
0

 
 
Producer Junior shifts to Unlimited Records

Producer Junior shifts to Unlimited Records

Producer Junior has confirmed the news that he has now shifted to Unlimited Records, having spent a considerable amount of time at The Super Level. The troubled music producer has, however, reiterated that he does not have a pe...
by admin
0

 




0 Comments


Be the first to comment!


Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

You may use these HTML tags and attributes: <a href="" title=""> <abbr title=""> <acronym title=""> <b> <blockquote cite=""> <cite> <code> <del datetime=""> <em> <i> <q cite=""> <strike> <strong>


 

Provided by water damage columbus