News

December 9, 2012

Rwanda | Umuryango wa Nyakwigendera Henry Hirwa n’itsinda KGB barashimira abifatanyije nabo mubyago bagize

Umuryango wa Nyakwigendera Henry

Umuryango wa Henry Hirwa ndetse n’itsinda rya KGB yaririmbagamo barashimira abifatanyije nabo mu byago bagize byo kubura Henry Hirwa.

Gaston Rurangwa uzwi ku izina rya Skizzy, umwe mubagize itsinda KGB  akaba ari nawe watugejejeho ubu butumwa, yagize ati: “ Mbanje kubasuhuza mbifuriza amahoro y’Imana. Mu izina rya KGB n’umuryango wa Nyakwigendera HIRWA Henry, tubashimiye ku nkunga mwaduhaye yo kutuba hafi mu byago byatugwirirye ubwo HIRWA Henry yitabaga Imana. Mwarakoze kuhaba nabatarabonetse nta kibazo kuko natwe turabiziko iyi si tuyibamo dushugurika”.
Yakomeje agira ati: “Mudushimirire abanyarwanda bose muri rusange muti mwarakoze kudutabara, amasengesho no kudufata mu mugongo. Mbashimire mwese mbikuye ku mutima, kandi munsabire imbabazi ababa baragiye bampamagara bakitabwa n’undi muntu or bakabakupa kuko fone hari igihe ntabaga nyifite. Jah protect u ol”.

Imana ikomeze kwihanganisha umuryango n’inshuti za Nyakwigendera Henry Hirwa.

 

 



About the Author

admin





 
 

 
Umuhanzi Whitney

Rwanda|Umuhanzi Whitney Houston yitabye Imana afite imyaka 48

Umuririmbyikazi w’umunyamerika ufite igisekuruza muri Africa Whitney Houston yitabye Imana ku gicamunsi cyo kuwa gatandatu tariki 11/2/2012. Umuririmbyikazi Whitney Houston Inkuru y’urupfu rwa Whitney Houston yemejwe n’ab...
by admin
0

 



0 Comments


Be the first to comment!


Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

You may use these HTML tags and attributes: <a href="" title=""> <abbr title=""> <acronym title=""> <b> <blockquote cite=""> <cite> <code> <del datetime=""> <em> <i> <q cite=""> <strike> <strong>


 

Provided by water damage columbus