Posts Tagged ‘gospel’
 

 
Dominic Nic aratangaza

Dominic Nic aratangaza ko akeneye umujyanama (Manager). www.tukabyine.com

Umuhanzi Dominic Nic ni umuhanzi w’indirimbo zihimbaza Imana wamenyekanye cyane kubera indirimbo ze ndetse n’ijwi rye abatari bake bemera, by’umwihariko ariko ngo bakamukundira ubutumwa atanga mu bihangano bye, uko ateye ...
by admin
0

 
 
Nyuma yo gukora indirimbo

Nyuma yo gukora indirimbo imwe ya Gospel, umuraperi Fireman ngo yaba agiye kwakira agakiza

N’ubwo bikunze kugaragara hanze aha ko abantu benshi bakunze kwakira agakiza, abahanzi nabo ntibacikanywe. Umuraperi UWIMANA Francis uzwi ku izina rya Fireman cyangwa se Kibiriti akaba ari n’umwe mu bagize itsinda Tuff Gang...
by admin
1

 
 
Liliane Kabaganza ubuhanzi

Liliane Kabaganza ubuhanzi yabutangiye akiri muto

Liliane ni umuririmbyikazi akaba n’umwanditsi w’indirimbo zihimbaza Imana (Gospel Songs). Amazina ye yose ni Zaninka Kabaganza Liliane afite ubwenegihugu bw’ubunyarwanda, afite ibiro 90, uburebure bwa metero 1.51, ni umud...
by admin
0

 

 
 

Mu gitaramo cya Patient habayemo udushya twinshi

Ku cyumweru  tariki 11/12/2011, mu mujyi wa Rubavu habereye igitaramo cy’umwana ukiri muto ariko ukunzwe na benshi witwa Patient Bizimana. Patient azwi mu ndirimbo nka Menye neza, Nongeye ndaje, Inyanja ndetse na  “Iyo ne...
by admin
0

 
 
 

Ambassadors irategura albumu mu rurimi rw’igiswahili

Korari Ambassadors of Chirst imaze iminsi muri Tanzaniya itegura album nshya y’indirimbo zabo zakunzwe bagiye gushyira mu rurimi rw’igiswayire. Ibi ngo babisabwe n’abakunzi babo benshi bo hanze y’u Rwanda hakiyongera nâ...
by admin
0

 




 

Provided by water damage columbus