Rwanda : “Mfite igitekerezo ko buri mwaka mwajya mudufasha hakabaho igikorwa cy’abahanzi cy’agaciro” Miss Jojo
Umwe mubakobwa bamaze igihe mubuhanzi, Miss Jojo, arifuza ko igikorwa abahanzi bakoze cyo gutera inkunga ikigega Agaciro DF cyajya kiba buri mwaka. Miss Jojo mu ijambo rye, ubwo abahanzi bari bari munama yo gutegura ibitaramo b...




