Posts Tagged ‘rwanda new’
 

 
KARONGI: Mu mujyi wa Kibuye hagiye gufungurwa urubyiniro rushya

KARONGI: Mu mujyi wa Kibuye hagiye gufungurwa urubyiniro rushya

Icyuma gitanga ubukonje mu nzu cyamaze gushyirwa hejuru y’aho iyo boite izakorera Mu minsi mike mu mujyi wa Kibuye haraza kuba huzuye inzu y’urubyiniro (boite de nuit cyangwa dancing club) mu ndimi z’amahanga. Iyo boite i...
by admin
0

 
 
 

Ku cyifuzo cy’abakunzi be bo muri Tanzaniya na Kenya, Liliane Kabaganza ari gutegura alubumu mu rurimi rw’igiswahili

Ku cyifuzo cy’abakunzi be bo muri Tanzaniya na Kenya, umuhanzikazi w’indirimbo zihimbaza Imana Liliane Kabaganza ari gutegura alubumu ye mu ndimi ebyiri arizo i Kinyarwanda n’igiswahili. Yahisemo gutegura alubumu mu ndimi...
by admin
0

 
 
“Nahinduye izina kugira ngo ibyanjye byose bibe bishya”- Victor Fidele

Rwanda : “Nahinduye izina kugira ngo ibyanjye byose bibe bishya”- Victor Fidele

umuhanzi Gatsinzi Victor Fidele wamenyekanye cyane ubwo yaririmbaga mu itsinda rya The Brothers hamwe na bagenzi be Ziggy55 na Danny Vumbi kuri ubu yahinduye amazina y’ubuhanzi akaba asigaye yitwa Koudou. Impamvu nyamukuru yo...
by admin
0

 

 
Ntabwo twahinduye izina

“Ntabwo twahinduye izina kubera abafana, ni ukugira ngo tujye tuvugira abantu bose”- Heritier Strong Voice

Nyuma y’uko itsinda ryahoze ryitwa Kidz Voice rihinduriye izina rikitwa Strong Voice, benshi bibazaga ko baba barahinduye izina kubera abafana babo babibasabye.   Amakuru dukesha Heritier ari nawe mukuru muri iri tsinda ...
by admin
1

 
 
Rwanda | Uncle Austin yashyize

Rwanda : Uncle Austin yashyize hanze indirimbo ye nshya yise Ndavugiriza

Nyuma yo kumurika alubumu ye ya mbere ku itariki 4.7.2012, umuhanzi Uncle Austin akomeje ibikorwa bye by’ubuhanzi akaba yashyize hanze indi indirimbo. tariki 18.8.2012 yayise “Ndavugiriza”. Uncle Austin akimara gushyira h...
by admin
0

 


 
 


 

Provided by water damage columbus